Jambonews FR - Restons informés

Amakuru Mashya


“Turabasaba inkunga y’ubuvugizi” ikiganiro n’umunyamakuru Prudence Nsengumukiza

Kuri uyu wa kabiri tariki ya gatatu gicurasi 2022, ku munsi mpuzamahanga wahariwe ubwisanzure bw’itangazamakuru, Jambonews yaganiriye na Prudence Nsengumukiza, umunyamakuru wo mu Rwanda wakoreye ibitangazamakuru bitandukanye birimo Radio Salus, Kigali Today (KT Radio & KT Press) na Intsinzi Tv (Channel ye yajyanywe na leta mu murongo atifuzaga) Kanda hano wumve ikiganiro kirambuye twagiranye Mu […]

“Turabasaba inkunga y’ubuvugizi” ikiganiro n’umunyamakuru Prudence Nsengumukiza
Norman ISHIMWE, May 3, 2022
Reka tugaruke ku iraswa ry’indege ryagushije u Rwanda mu kaga
Reka tugaruke ku iraswa ry’indege ryagushije u Rwanda mu kaga

Tariki ya 6 Mata 1994, mu ma saa mbiri n’igice (20h30) z’umugoroba wa joro, indege yari itwaye perezida w’u Rwanda Juvénal Habyarimana, mugenzi we perezida w’u Burundi Cyprien Ntaryamira, n’abandi bategetsi 7 bo mu nzego zo hejuru mu bihugu byombi u Rwanda n’u Burundi tutibagiwe n’abafaransa batatu bari abakozi bo mu ndege, yarashwe yitegura kugwa […]

Ruhumuza Mbonyumutwa, April 6, 2022
Umwanzuro w’urubanza rwa IBUKA-Belgique wongeye gusubikwa.
Umwanzuro w’urubanza rwa IBUKA-Belgique wongeye gusubikwa.

Kuri uyu wa kane tariki 9 Ukuboza 2021, ishyirahamwe IBUKA-Belgique ryitabye urukiko rushinzwe amasosiyete afite icyicaro i Buruseli, mu rwego rwo gusuzuma iseswa ry’iryo shyirahamwe kubera ko ritashyikirije inzego zibishinzwe raporo za buri mwaka za konti yaryo. Nyuma y’iburanisha, urukiko rwongeye gusubika urubanza, rurwimurira ku itariki ya 17 Gashyantare 2022 kandi runashyira ishyirahamwe mu maboko […]

Gustave Mbonyumutwa, December 15, 2021
Rwanda: Ihakana rya jenoside yakorewe Abahutu
Rwanda: Ihakana rya jenoside yakorewe Abahutu

Inyandiko itari iyacu:  ikubiyemo ibitekerezo bya Rudatinya Mbonyumutwa, niwe wayiduhaye ngo tuyitangaze. Burya nta jenoside ibura abahakanyi. Jenoside FPR (Front Patriotique Rwandais) ya Paul Kagame yakoreye Abahutu bo mu Rwanda  , mu gihe kirenze imyaka icumi kuva mu ntangiriro z’umwaka wa 1991, nayo  ikomeje guhakanwa. Nyamara, guhakana icyaha cy’ubugome cyabaye mu buryo budashidikanywaho ntabwo byafatwa gusa nk’igikorwa cyo […]

Norman ISHIMWE, January 22, 2021


© 2024 Jambonews